Posts

Kelly Season 1 Ep3

Image
KELLY  Writer  Edouard Safari Part 3 WhatsApp  Inbox ________ Duheruka turi mubitekerezo bya Kelly aho yarimo yibuka buri kimwe naho ubuzima bwe bwari buri hagati y'urupfu... . NB:*** aho usanga utwo tumenyetso  dusobanura ko tuzoba turimubihd byashize biri mubyo Kelly arimo kwibuka. . TURAKOMEJE . **Nancy yitegereje umusore mpaka arenze anamwenyuramo. Kelly nawe yarasohotse asanga mucuti we hanze; Kelly"ariko man biriya nibiki wankoze?" Alex"oya Kelly  nawe urakabya! Iyo ntagusigayo wari kwibuka gusohoka?" Kelly"ubu se ko bari banyivuganye wari gusigura ko unsize he?" Alex"nde se kandi ko umengo warasaze?" . . Tuvuye gato mubyo Kelly arimo kwibuka Nancy yageze murugo asanga se amutegereje, Papa"Nancy kuki udashaka kunyumvira?" Nancy"ariko Papa ntiwifuza kumbona na rimwe nishimye!" Papa"mwana wange ibyo nkora byose nikubwawe,wewe shaka undi musore at...
Image
Image
KELLY Writer  Edouard Safari WhatsApp +255684915554 Part 1 _______ Film yacu itangiriye kubitaro bimwe twakwita #Ming_hospital, Hari umusore warimo kuhagezwa na ambulance, Umusore ararembye bitavugwa kuko atagikoma kandi akaba yanavuye amaraso menshi kuburyo nabamutwaye yabuzuyeho, Ambulance ikimara guparika bamwihutishiriza muri operation chamber anahurirwaho n'abaganga benshi. . . Tuvuye kubitaro hari indi modoka irimo ibigabo byamasura ateye ubwoba, birimo gutwara umukobwa muto ariko ntawumukoraho binagaragara ko binamwubaha, Umukobwa agenda arira nabyo agatwenge nikose, Umukobwa yarebye inyuma ye abona byabyuka biryana ahita abifungura abagabo barakangarana baparika imodoka, Bagiparika umukobwa yavuyemo yiruka arabacika. . . Tugaruke kwa Ming hospital Operation isa niyarangiye kuko umusore bamushizeho byabyuma bifasha umuntu guhema,selum zimugabira ndetse nizo amaraso. GUSA NDAGIRANGO UKURIKIRE WITONZE UDAHURA NAMAYOBERA.. Hanze hari taxi yahager...