Kelly Season 1 Ep3

KELLY 
Part 3
  1. WhatsApp Inbox

________
Duheruka turi mubitekerezo bya Kelly
aho yarimo yibuka buri kimwe naho ubuzima bwe
bwari buri hagati y'urupfu...
.
NB:*** aho usanga utwo tumenyetso 
dusobanura ko tuzoba turimubihd byashize
biri mubyo Kelly arimo kwibuka.
.
TURAKOMEJE
.
**Nancy yitegereje umusore mpaka arenze
anamwenyuramo.
Kelly nawe yarasohotse asanga mucuti we
hanze;
Kelly"ariko man biriya nibiki wankoze?"
Alex"oya Kelly  nawe urakabya!
Iyo ntagusigayo wari kwibuka gusohoka?"
Kelly"ubu se ko bari banyivuganye wari gusigura ko unsize he?"
Alex"nde se kandi ko umengo warasaze?"
.
.
Tuvuye gato mubyo Kelly arimo kwibuka
Nancy yageze murugo asanga se amutegereje,
Papa"Nancy kuki udashaka kunyumvira?"
Nancy"ariko Papa ntiwifuza kumbona na rimwe nishimye!"
Papa"mwana wange ibyo nkora byose nikubwawe,wewe shaka undi musore atari kariya gahungu"
Nancy"uko ameze kose njye ndamukunda kandi kuba akenye siwe wabyiteye igihe kitari iki azakira"
Papa"ceceka Nancy sinongere kwumva uvuga ibyako gaswa munzu yange"
Nancy"wamwanga wareka njye ndamukunda"
Ahita yikomereza mucyumba cye se nawe ategeka mwene wabo witwa #Elina kujya kumuganiriza.
.
.
Tugaruke mumutwe wa Kelly,
Akomeje kuganira namugenzi we
ati"nyine nasamaye gato nshiduka nagonze umwana shahuuu...
Uzi ukuntu asa?"
Alex"utambwira ko yagukanze nuburyo wiyemera"
Kelly"ntakubeshe yankankanze gusa nababajwe nuko agendana bodyguard bigatuma utamwisanzuraho"
Alex"ubwo se wabyitwayemo ute?"
Kelly"nyine bodyguard yagombye kunkubita aramubuza ndokoka uko"
Alex"ngaho tugende ndumva iyo batankungurira utari buze vuba"
.
.
**Barakwereka Nancy mumodoka arimo gutaha yibutse ubutse uburyo bagonganye na Kelly,
Nancy aho yarimo gushaka ibyo yagura yakomeje kwitegereza Kelly mugihe we yarahugiye mubyo ahiga.
Bivuze ngo Kelly we yakomeje gusamara maze Nancy amwitsitazaho.
Arangije kwibuka yahise aseka.
.
.
Tuve mubihe bya kera gato tuze uyu musi,
Hari docteur warimo agera kwa Simplice.
Ahabwa ikaze maze nyuma yogusigura ikimugenza yerekejwe mucyumba gituje kirwariyemo Kelly,
Dr"uyu musore akeneye kwitabwaho kuko ibyo mbona yandikiwe kwamuganga bikomeye"
Simplice"nonese ntuguma aha?"
Dr"oya kuko mfite abagwayi benshi ngomba kwitaho"
Simplice"turakwishura ayo ushaka yose ariko umube hafi,
abo barwayi bandi ubahe abandi baganga"
Dr"ntakibazo nimunyishura!"
.
.
Nancy nawe aho ari murugo yarimo aganira namutoyi we,
Elina"mukuru wa ihangane byose biraza kugenda neza"
Nancy"oya Eli,uzi neza uburyo nkunda Kelly sinatuza rero arembye"
Elina"ndambyumva ahubwo ntega amatwi nkugire inama yuburyo wacika papa ukajya kugwaza kelly"
Nancy"ngaho mbwira numve"
.....LOADING PART 4
.
Kanda na hano Young advices & Break Stories nurangiza ukore like(j'aime) kugira utazacikwa ninkuru zihaca.
COMMENT 500 IMBERE YA 20h mpita mbongera akandi.

Comments

Popular posts from this blog